Mu kiganiro n’Itangazamakuru Umutoza wa Police FC yabajijwe uburyo yakiye kunganya na Al Hilal avugako kunganya nayo atari igihombo
Umutoza Ben Moussa yakomeje avuga ko iyi ari ikipe ikomeye yari yakinnye nayo kunganya nayo byamweretse ko nawe afite ikipe ikomeye Ati: “Twakinnye neza iyi n’ikipe ikomeye namwe mwabibonye gusa kunganya nayo ntago ari igihombo nagito Twakinnye nayo Tudafite Lague war’Ufite amakarita atatu na Katerega utarakira kandi n’abandi bakinnyi bamwe ntibari bameze neza cyane nka zidane na Msanga mwarabibonye ko batakinnye umukino washize kuko bari barwaye “.






