Rutahizamu wa Police FC kubwumvikane yatijwe Rayon Sports igihe cyingana n’Amezi 6.
Mugisha Didier yatijwe Rayon Sport mugihe yar’agifite amasezerano kuko yati yarasinye Imyaka 2 kuko amasezerano aheruka Police FC yayamwongereye muri Kamena tariki 17, 2025
Ubusanzwe Mugisha Didier uzi nka Taichi yajyaga mu kibuga asimbuye Ani Elijah Imikino yose ibanza ya Shampiyona yabaga ari mubakinnyi bari buze kwifashishwa uwo munsi nubwo atabanzaga mu kibuga





