Police FC

Police FC yanganyije na Al Merrikh SC igitego 1-1

Mu mukino ubanziriza uwanyuma mu mukino ibanza ya Shampiyona y’uRwanda ikipe ya Police FC yanganyije na Al Merrikh umukino waberaga kuri Kigali Pele Stadium

Uyu ni Umukino ikipe ya Al Merrikh yari yakiriyeho ikipe ya Police FC Umukino watangiye saa 18:30 ukimara gutangira kumunota wa 2 Ikipe ya Police FC Ani Elijah Umaze iminsi uri mubihe byiza yari yamaze gufungura amazamu kumupira mwiza yarahawe na Kwitonda Alain Bacca.

Ikipe ya Al Merrikh yakomeje kwataka ishaka kwishyura igitego cyari kibonetse Umukino aribwo ugitangira gusa ikipe ya Police ba myugariro bayo bari bayobowe na Ishimwe Christian wari Wambayr n’igitambaro cya Kapiteni bagahagarara neza.

Umukino wakomeje kuruhande rwa Police FC babo bagumya kwataka bashaka ikindu gitego ikipe yagiye igira n’amahirwe gusa hakabura utsinda yaba kuruhande rwa Byiringiro Lague , Richard Kirongozi na Ani Elijah basakina bsatira izamu ariko bakabihusha igice cya mbere cyarangiye ari Igitego 1 cya Police FC ku busa bwa Al Merrikh .

Igice cya Kabiri cyatangiye ikipe ya Al merrikh