Kuri uyu wa gatandatu mu mukino wa mbere wa police FC na Rutsiro FC urangiye ari ibitegop 2 kuri 1 cya Rutsiro n’umukino waberaga kuri Kigali Pele stadium.
Umukino watandiye Ikipe ya Police FC yataka rutsiro aho ikanabona amahirwe yo kuba yavamo igitego gusa ntibikundi gusa ku munota wa 22 Byiringiro Lague yahise afungura izamu rya Rutsiro FC kumupira yari
Police FC yatangiye umukino isatira ishaka igitego cyabonetse ku munota wa 22, ku mupira wahinduwe imbere y’izamu, Byiringiro Lague akina n’umutwe afungura amazamu.

Police FC yakomeje gusatira ariko ikabura amahirwe yo gutsinda kuko ikipe ya rutsiro yugariraga cyane.
Byiringiro yazamukanye umupira yihuta awutera ashakisha Emmanuel Okwi gusa birangira umuzamu awufashe wa rutsiro.

Igice cya mbere kirangira Police FC ifite igitego 1-0 bwa Rutsuro FC
Igice cya 2 cyatangirange igufu ikipe ya Rutsiro ishaka kwishyura Police FC nayo ishaka gutsinda ikindi aho Rutsiro yateye ishoti rigana mu izamu umuzamu Niyigena Patience awukuraho awerekeza hanze y’izamu ,ku ruhande rwa Police FC nayo yageragezaga imipira igana mu izamu aho byiringiro Lague yahereje umupira mwiza Kwitonda Alain Bacca ariko kubwamahirwe make awutera hejuru y’umutambiko w’izamu.

Police FC yakomeje gusatira no gushyira igitutu kuri bamyugariro ba Rutsiro aho ku munota wa 67 Mugisha Didier yatsinze igitego gusa um,usifuzi wo kuruhande amanika igitambaro ko yaraririye,Ikipe yakomeje gusatira, ku munota wa 77, Byiringiro yakorewe ikosa mu rubuga rw’amahina, umusifuzi atanga penaliti iterwa na Byiringiro Lague arayitsinda .

Hashize iminota 3 ikipe ya Rutsiro yahise yishyura igitego aho bateye ishoti rikubita umutambiko w’izamu ryinjyira mu izamu
Umukino warangiye Police FC yitsinze Rutsiro FC ibitego 2-1
Andi mafoto



















