Skip to main content

Police FC

Byishimo Valua wakiniraga ikipe ya Bugesera yasinyiye Police FC

Umukinnyi w’imyaka 19 wakinaga hagati mu ikipe ya Bugesera FC yasinyiye Police FC amasezerano y’imyaka 3 ari umukinnyi wayo.

Uyu ni umukinnyi w’umunyarwanda mwiza Police FC iguze uzayifasha mugihe kizaza ni mugihe kandi ishyirahamwe ry’umupira w’aamaguru mu Rwanda ritegeka kugira bamwe mu bakinnyi bari munsi y’imyaka 23 kandi bakanahora ku mukino.

Byishimo valua shampiyona irangiye ari umwe mu bakinnyi beza ifite kuko mu mikino 2 yahuye na Rayon Sports valua yayitrsinzemo ibitego 2 yongera atsinda APR FC igitego.

Byishimo Valua Yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa Police FC